We will experience RELIEF FROM every kind of sorrow we knew on earth "He will wipe away from them every tear from their eyes. Death will be no more; neither will there be mourning, nor crying, nor pain, any more. The first things have passed away.” Revelation 21:4

Copyright ©2008
 


           
          Good Samaritan Family(GOSAF)
Charity Associations
        Tel :             (250) 08457344
                              (250) 05147666
MUREKE TWIBERE ABASAMARIYA BEZA
 
 
Ubuzima burimo Yesu budukangurira kuba abahamya b’ukuri b’ijambo rye yadusigiye ryo guhumuriza abafite imitima itentebutse,gufasha imfubyi ndetse n,abapfakazi ndetse n’abatishoboye muri rusange.
UWITEKA AZI IMINSI Y’ABATUNGANYE, UMWANDU WABO UZAHORAHO ITEKA.NTIBAZAKORWA N’ISONI NU GIHE CY’IBYAGO, MU MINSI Y’INZARA BAZAHAZWA.ARIKO ABANYABYAHA BAZARIMBUKA, KANDI ABANZI B’UWITEKA BAZASHIRA NK’UBWIZA BW’URWURI, BAZARIMBUKA, BAZARIMBUKIRA MU MWOTSI (ZAB 37.18-20).
 
Ni byiza rero ko tugira umumaro mu itorero igihe tugihumeka kugirango tugarurire abantu kuri Yesu cyane tubafasha mu buryo bw’umwuka i.e tubasengera kandi tunabafasha kubaho mu buzima busanzwe bwa buri munsi.
Ibyo kuri twe ni ukwiteganiriza kuko ngo Uwiteka abibona nk’umubavu umuhumurira neza. N’ikimenyimenyi ni uko abakora batyo badashobora gukorwa n’isoni mu gihe cy’ibyago kandi no minsi y’inzara bahazwa nawe nkuko nabo bajya bahaza abandi. Abadakunda Uwiteka bo bazibagirana kandi nta mugabane bafite ku Mana. Bazarimubuka kandi barimbukire mu mwotsi !!!
 
AMATEKA Y’UMURYANGO
 
Umuryango watangiye mu mwaka wa 2003 mu kwezi k’Ukuboza ku munsi w’Umwami wacu Yesu wa 25 w’uko kwezi.
Watangijwe n’umusore n’inkumi bari bamaze kumva imbaraga zabo bakwiriye kuzikoreshereza Imana mu mirimo yo kugaragariza abantu bayo Urukundo.
Abo ni :
KAYIRANGA THEOGENE
MUKAMANA JEANNETTE
KAYITESI OLIVE
KAYIRANGWA REGINE
 
Abo baje kugenda biyongeraho abandi bantu kugeza aho baremye Chorale yitwa UMUSAMARIYA MWIZA.
Icyakora siko bose bagiye bagumamo harimo mwene data muzehe wacu wakuwe mu mubiri ariwe Rvd Rusatsi Oswald ndetse na mushiki wacu Bagirinka Renata_Imana ibahe iruhuko ridashira,ntidushidikanya ko hari umunsi umwe tuzongera tugafatanyiriza hamwe kuririmbira Uwiteka mu gitaramo cyo mu ijuru !
 
Umuyobozi w’Umuryango

Kayiranga Theogene
 
GOSAF Ò President
 


Arabahamagarira abakunda gukora umurimo w’Imana mu mpano imana yabahaye zose ko ari kaze mu Musamariya Mwiza aho muzasanga ba papa,ba mama, bakuru bacu, barumuna bacu ndetse na bashiki bacu na basaza bacu.
 
INTEGO Z’UMURYANGO
 
ü       Gufasha abatishoboye bari mu byiciro bitandukanye
ü       Kuba ingingo zikomeye mu itorero
ü       Gusenga no kubwiriza ubutumwa bwiza mu buryo butandukanye(indirimbo,ibwirizabutumwa,imikino,amakinamico,indirimbo nyarwanda,…)
ü       Gusura abakrisito cyane cyane abadaheruka mu rusengero.
IMFATIRO Z’UMURYANGO
 
·         IMANA
·         IMPUHWE
·         URUKUNDO
·         INEZA
 
      IBYO UMURYANGO WIFUZA
      KUGERAHO
 
Ø       Kubaka inzu y’Umusamariya mwiza(GOSAF House)
Ø       Gushinga ishuri ryigisha abanyamuryango ururimi rw’icyongereza(GOSAF School of Language)
Ø       Ivugabutumwa mu matsinda mato( GOSAF Units of work)
Ø       Umwambaro uranga Umunyamuryango w’Umusamariya mwiza
 
IMINSI MIKURU MU MURYANGO
 
v      Umunsi wo kwakira ubutsinzi( SINAI PRAYER)
v      Umunsi wo gusengera abarwayi(BETHESDA DAY)
v      Umunsi wo KWIYIRIZA UBUSA(FASTING DAY)
v      Umunsi w’amashimwe(THANKSGIVING DAY)
v      UMUNSI WO GUSANGIRA(GETHSEMANE TEA)
Dufite urufatiro rukomeye kuri Bibiliya kandi twemera tudashidikanya ko icyo Imana idushakaho ariko tugira umumaro mu gihe gikwiye!
 
Kuba mu muryango w’Umusamariya mwiza ni nko kwakira visa yo gutura mu gihugu cyo mu ijuru.
 
Wari uziko se uyu muryango utabangamira andi mashyirahamwe cyangwa Imiryango wari urimo?
 
Ahubwo urayikomeza kandi ukagufasha kuyibamo neza mu mwuka ndetse no mubiri!
 
Ngaho rero nawe itaba karame uyu munsi wakiranywe urugwiro rwinshi mu muryango!!! AMEN!

Our Father
Now I pray that God, who gives love and peace, will be with you. Give each other a warm greeting. All of Gods people send their greetings. I pray that the Lord Jesus Christ will bless you and be kind to you! May God bless you with his love, and may the Holy Spirit join all your hearts together. (2 Corinthians 13.11-13, CEV
Access Through Prayer - Our Daily Bread
Meeting New Relatives
HAVING FUN IS NOT THE TOOL THAT CAN MAKE A STEP FOR LIE. THE FOCUS ON YOUR WORK AND THE TIME MANAGEMENT ARE THE LEADERS.
I AM TAKING TIME TO MAKE THESE MORE SPACIAL AND GREAT TOPICS TO DEVELOP IN ME. Having a friend has some great treasures to Men. Having a Advising one build a Compound lifestyle. Liers are everywhere, but a true friend has been found: Jesus Christ is. Have you ever have time with any like Him? I do not know you a bit but you can test this and tell me. I am having joy to be used in Serving God and stick with the Almighty, because He fights for me when I am troubled by this world, He saved me when I was in the Youthful Despair. Can you Just say? Can just take time and come accross? You will experience this with your own eyes.You can be a blessing to many people's lives.
Best Regards.
In Search of the Perfect Path
 
HELLO VISTOR, YOU ARE PART OF 3 visitors (4 hits) here today.
http://www.johnleemanishimwe.page.tl/ <> This website was created for free with Own-Free-Website.com. Would you also like to have your own website?
Sign up for free